Bang Media

KUNYAZA,IBANGA RYO GUSOHORA KW'ABAGORE


Soma iyi nkuru mu cyongereza hano

Nsekuye Bizimana arasobanura uburyo bwa karande bwo guhuza igitsina. Abashakashatsi mu by'igitsina bavuga ko 70% by'abagore badashobora gusohora binyuze mu nzira zo gucumitwa mu igituba gusa. Kugira ngo afashe abagore gusohora, Nsekuye Bizimana, arasobanura uburyo bwa karande nyafurika bwo guswera bwitwa "kunyaza". Mu gitabo cye yise Le Secret de l'Amour A l'Africaine, arasobanura uburyo bwo guhuza igitsina bwa karande bukoreshwa muri Afurika yo hagati n'iy'i burasirazuba.

Nsekuye Bizimana yiyumvisha ko Afurika irimo igisubizo cyo gusohora kw'abagore. Uburyo akundamo ihuzabitsina nyafurika byatumye acukumbura uburyo guhuza igitsina bikorwamo mu gihugu cye cy'u Rwanda, i Burundi, uburasirazuba bwa Congo, uburengerazuba bwa Uganda na Tanzania. Umuco wo kunyaza, watugezeho biturutse ku bury abasekuruza bacu bagiye bawuhererekanya mu buryo bwo kubibwirana(kuko nta bitabo byariho ngo byandikwe),ni uburyo bwo guswera bukora umurimo wabwo neza ku buryo umugore ashobora kurangiza inshuro nyinshi mu mubonano umwe kandi akananyara. Nsekuye Bizimana asobanura neza kunyaza akoresheje ibishushanyo n'amafoto mu gituba cye nako igitabo cye Le Secret de l'Amour a l'Africaine, yandikiye mu Budage aho abarizwa ubu, kandi kizaboneka vuba muri Amerika. Nsekuye Bizimana,unahagarariye ikigo gikora ubushakashatsi ku kunyaza, aratekereza ko igitabo cye kizigisha byinshi kunyaza ku isi yose. Abagabo ntibazongera kugira urwitwazo rwo kudashimisha abakunzi babo b'abagore, ubushakashatsi bugaragaza ko 70%yabo batajya basohora iyo bacumiswe mu gituba gusa.

Afrik.com:1.Dusobanurire kunyaza icyo ari cyo

Nsekuye Bizimana: Kunyaza ni uburyo gukinisha cyane igituba cy'umugore. Umugabo akubitisha isonga y'imboro ye mu bice by'imbere mu gituba, ashobora kubikora mu buryo buhagaritse(akurikije umusate w'igituba) cyangwa mu buryo butambitse. Umugabo agomba kwibanda kuri rugongo, akajya ayikubitaho,ayikubaho isonga y'imboro yerekeza iburyo n'ibumoso. Kubikora iyo bibabaza umugore, umugore agomba kubanza gukoresha amavuta yoroshya mu gituba cyangwa bakabanza gukinishanya kugeza igituba gitose mu buryo bwa kamere kitegura imboro. Umugabo aramutse anyaje neza umugore agomba gushobora kurangiza mu minota nk'itanu.

Afrik.com:Iminota itanu itanu uzunguza imboro kuri rugongo, ubwo se umugabo ntaruha ukuboko...

Nsekuye Bizimana: Abaswerana bagomba gufatanya. Umugore ashobora kugarama cyane akifungura ku buryo umugabo agera ku bice biryoherwa by'umugore bitamugoye. Ibyo ari byo byose biragiye
kurigata mu gituba kurusha kunyaza,ururimi n'imisaya nabyo biruha vuba.

Afrik.com:Unavuga ko Kunyaza bishobora gushimisha umugore wakebwe rugongo

Nsekuye Bizimana: Mu gukebwa kwinsi kw'abagore, bakeba gusa agace gato ka rugongo, igice cy'imbere ntigikorwaho, n'agaheha ko kunyariramo ntigakorwaho, kandi aho hose hararyoherwa cyane. Ubwo rero abo bagore bashobora kunyazwa. Dushobora gutekereza ko abagore bakebwe badashobora kurangiza. Nyamara naganiriye n'abo bagore bambwira ko banyajwe bigakunda.

Afrik.com: kunyaza ngo bishobora gukorwa n'iyo umugabo yaba agira ibibazo byo gushyukwa...

Nsekuye Bizimana: Abagabo bafite ibibazi bito byo gushyukwa, bashobora gukinisha rugongo n'imboro yabo, kandi mu gihe barimo kubigerageza baboneraho no gushyukwa bakaba bashobora gucumita abagore babo. Abagabo benshi bafite ibibazo byo gushyukwa bambwiye kunyaza byabafashije guhaza abagore babo.

Afrik.com: Uvuga ko kunyaza bizakundwa cyane nka gusomana kw'abafaransa(french kiss)

Nsekuye Bizimana:Igihe nari nkiri muto, gusomana kw'abafaransa ntibyari bizwi cyane. Abantu bake bari babizi, ariko ubu abanyafurika benshi barabikora.. Nko mu myaka 100 ishize uburyo bwo gusomana bw'abafaransa bwakorwaga n'abantu bake gusa mu burayi ubwaho. Ibi bivuga ko uburyo bwiza bwo gukora ibintu bushobora gukwira ku isi yose. Mu gihe rero numva ko kunyaza ari uburyo bwiza bwo guhuza igitsina nta mpamvu yatuma ntizera ko buzakundwa n'abantu benshi. Igitabo cyanjye nikimara gusohoka mu rurimi rw'icyongereza umwaka utaha 2009 ndizera ko abantu benshi bazgerageza kunyaza mu gihe abandi bazagenda babwirana inkuru nziza yo kunyaza. Kunyaza ni uburyo bwo guhuza igitsina buzwi kandi bukorwa muri Namibia bwaje bukomotse muri Uganda.

Afrik.com: Uvuga ko amahugurwa yawe yo kunyaza akenshi azamo abanyaburayi. Wasobanura impamvu ibitera?

Nsekuye Bizimana:Ntabwo nzi impamvu abanyafurika batitabira aya mahugurwa yo kunyaza, gusa nshobora gukeka. Icyo ntekereza ni uko nkurikije ibyo nabonye mu Budage, abnyafurika ntibajya bitabira amanama n'amahugurwa ya politiki. Uzabasanga mu makiriziya ahubwo. Ibyo ni byo nabonye..Ariko ndakeka ko bizahinduka kuko abantu benshi barimo kugura igitabo cyanjye cyanditse mu gifaransa

Afrik.com: Hari icyo se abaganga b'igitsina bari bavuga nyuma yaho usohoreye igitabo cyawe ku kunyaza?

Nsekuye Bizimana: Ndacyategereje icyo bazavuga ku kunyaza. Cyane cyane ko nagereranyije inyungu z'uburyo bigisha no kunyaza. Abaganga b'igitsina nta kintu kigaragara bagezeho mu buryo bwo gufasha abagore gusohora, ntekereza ko kunyaza bifasha abagore gusohora kurusha ubundi buryo abaganga b'igitsina bigisha.

Afrik.com: Inzu yandika ibitabo yavuze iki ku gitabo cyawe mbere y'uko ugitangaza?

Nsekuye Bizimana: Byarabashimishije kuko babonaga uburyo bwanjye buzagira akamaro. Inzu yasohoye igitabo cyanjye yasohoye ibitabo byinshi ku gitsina harimo n'ibitabo by'umuganga w'ikirangirire w'umufaransa Gerard Leleu. Mu by'ukuri bazi ibyo bakora.

Afrik.com: Usibye kunyaza, hari ubundi buryo waba uzi bwatuma umugore arangiza bitamugoye?

Nsekuye Bizimana: Mba nkuroga, iyo mbumenya mba narabwanditseho


Afrik.com: Mbese inyandiko zawe zihengamiye ku itezambere ry'umugore?

Nsekuye Bizimana: ntabwo ari mu buryo bw'uburwanashyaka, ni ikibazo nabonye, cy'uko abagore bagomba gushimishwa n'igitsina cyabo. Ndashaka ko abagore basohora igihe barimo guhuza igitsina.

Afrik.com:Urumva ushaka gukora ubushakashatsi bunonosoye ku kunyaza muri Institute for Sexology and Sexual Medicine mu Budage kugira ngo ugaragaze akamaro k'ubu buryo. Amafaranga y'uyu mushinga uzayakura he?

Nsekuye Bizimana:Ubushakashatsi bwitaweho muri iki gihe mu Budage ni indwara z'ibitsina n'ingaruka zo mutwe ziterwa no gufata abana ku ngufu no Gufata Ku Ngufu muri rusange. Ntabwo bazi uburyo bunyuranye bwo guhuza ibitsina. Ariko aha naho bazahagera. Bizatwara igihe mbere y'uko igitabo cyanjye gisobanura neza ibitekerezo byanjye abantu bakabyitaho, ariko ndatekereza ko abafaransa bazahita bagikunda, ndateganya rero kuzabona infashanyo ziturutse mu bafaransa.

Iki kiganiro cyayobowe na Habibou Bangre, cyahinduwe mu Kinyarwanda na H.Bangambiki,Umwanditsi mukuru wa Igituba.org


Related Posts Plugin for WordPress, Blogger...