Bang Media

IBIBAZO KU KUNYAZA

IBIBAZO KU KUNYAZA

1.KUKI ABAGORE BATANYARA KIMWE

Kuki abagore bose batanyara kimwe?

Bangambiki:

Abagore ntibanyara kimwe kuko abagore batandukanye nk'uko abantu muri rusange batandukanye. Kunyara k'umugore biterwa n'ibintu byinshi:
-kuba yarakunnye akagwiza birafasha
-imirire ye
-umugabo uzi guswera akanyaza
-kuba umugore afite umutekano n'amahoro mu rugo kandi akundanye n'umugabo we. Ntibyoroshye kunyaza umugore urakaye cyangwa uhorana intimba
-rugongo:guswera ni rugongo, kunyaza ni rugongo.
-kunyaza ni ukubyimenyereza: niba umugore atanyaye uyu munsi ntibivuga ko adashobora kunyara

2.MBESE KUNYAZA BIRABABAZA

KAREMERA Jean Claude: Kuki abagore cg abakobwa bo mu bindi bihugu nka Zimbabwe iyo uri kubaswera ugashaka kunyaza ubona batabikunze kandi baba barakunnye byaba bibabaza umukobwa iyo bamunyaza?

La toute: Kunyaza kabisa ntibibabaza, keretse k'ubw'umuco cyangwa idini barababwiye ko ari umwanda.

Bangambiki:Kunyaza ntibibabaza iyo bikozwe neza. Ugomba kunyaza umugore amaze gushyukwa neza kandi amaze gushaka cyane guhuza igitsina ni bwo rugongo iba yakomeye yiteguye.

3.MBESE UMUGORE CYANGWA UMUKOBWA ASHOBORA KWINYAZA?

Nema: Ariko,umugore cy umukobwa ashobora kwinyaza mugihe yikinisha?

La toute: Kwinyaza wikinisha birashoboka ariko bisaba gutekereza uwo mubikorana cyangwa muherukanye! Zirameneka ariko ntizishirayo! ku barwara nk'umutwe na bas ventre biroroshya!

cuga: Kwinyaza ntabwo njye mbyemera cyane cyane ko haba hari abagabo baba babuze abo banyaza. Numva ko mugihe nta wawe ufite uhoraho washaka ukumara ibibazo aho kwinyaza.

bangambiki:ariko ibyo dukora byose tugomba gucungana nuko hanze aha hari cya cyorezo!

4.MBESE UMUGABO USIRAMUYE ASHOBORA KUNYAZA?

SEKUTURE
Mbese umugabo usiramuye ashobora kunyaza,ikindi wabwirwa ni iki ko umugore aragije?

IGISUBIZO

Bangambiki:
SEKUTURE umugabo usiramuye aranyaza ivumbi rigatumuka!Iyo umgore arangije arisimbiza cyane akakwiyegereza ariko iyo ntacyo muhishanya akubwira ko arangije ushobora no kumubaza kugira ngo urusheho kumushimisha.

5.MBESE UMUNTU ASHOBORA KUNYAZA UMUKOBWA VIERGE?

ben: umuntu ashobora kunyaza umukobwa wari VIERGE?

ben: uzansubize niba umuntu uswewe bwa mbere ako kanya yanyara niyo yaba yarakunnye,umbwire ,n'ubwa kangahe (ni ku nshuro ya kangahe yanyara mubikoze),nkeneye kubimenya

IGISUBIZO

Mwami: Ben, gukuna ntibivuze kunyara, kandi kunyara ntibivuze ko ugomba kuba warakunnye, gusa biruzuzanya.Ntibigira kandi igihe runaka, ni process kandi biba mu bihe bitandukanye bitewe n'imitere ya buri muntu. Ku bakobwa rero bakiri vierge(isugi), yenda ububobere bwabo buratandukanye, bamwe bafite bwinshi, abandi nta namba, ariko kunyara kwabo hagire utwunganira, njye ntawe ndumva
Related Posts Plugin for WordPress, Blogger...